ntadini mbogamiraho gusa ntazwa nuko babuza PADILI gukora icyo yahamagariwe PADI BirakAKWIYE KUMVIRA IMANA KURUTA ABANTU kora umurimo wuwagihamagaye abandi ubareke uwabyanze ziwe waguhaye umurimo ni KRISTO wagutoranyije siturabo kuyoborya nidini ahubwo twayoborwa na roho mutagatifu na bible .umuntu we numuntu ahubwo bigutere imbara zogukorera KRISTO WAKUGABIJE UMURIMO
ariko kiliziya gatorika ntipfa kwemera kdi ngo basenga ngo no mu gihe kibeho babonekerwaga yarabatiteje kdi nyuma iremera ubwo rero na padri bazashyira bemere ibye.so abayobozi bayo barahorana cyane kdi bumva ari bo bazi byinshi ntibibuke ko Imana yitoranyiriza uwo ituma aho ishaka
ariko kiliziya gatorika ntipfa kwemera kdi ngo basenga ngo no mu gihe kibeho babonekerwaga yarabatiteje kdi nyuma iremera ubwo rero na padri bazashyira bemere ibye.so abayobozi bayo barahorana cyane kdi bumva ari bo bazi byinshi ntibibuke ko Imana yitoranyiriza uwo ituma aho ishaka
Yezu twemeye kandi dukorera niwe ugomba gukura naho twe tugaca bugufi. Nta mpamvu yo guhangana n’abepiskopi kandi ari bo bakuyobora, mu izina ry’Imana mu butatu butagatifu.
Yezu twemeye kandi dukorera niwe ugomba gukura naho twe tugaca bugufi. Nta mpamvu yo guhangana n’abepiskopi kandi ari bo bakuyobora, mu izina ry’Imana mu butatu butagatifu.
Ngewe mumbabarire kubyo nshaka kuvuga nange ndi umugatorika ariko ndumva ibyo tuvuga tutabivuga kimwe.None se Yezu ko tuzi ko yabwiye intumwa ngo nimugende mumahanga yose mujye kwamamazayo inkuru nziza yavugaga ko igomba kwamamazwa muri kiriziya gusa itagomba kugera mu bandi ? Ni hehe Yezu yakumiriyeko hatagomba kugera inkuru nziza ? Obald ni mumureke hagowe twebwe tubibwirwa nti tubikore uko tubyigishwa.ngewe mbona aho ntakosa ririmo
.kandi mumenye ngo obald avuye muri cathoric agashinga irye dini kubwi impano tumuziho yahawe ni Imana abamuyoboka ni benshi nziko ni Impano agira nta Munsenyeri numwe uyigira. Ubwo rero mureke dutegereze ibyo Imana izakora.Hari umupadiri umwe wigeze kutubwira ngo muzajye mwumva ibyo mvuga ntimukarebe ibyo nkora...
Padri reba neza Kdi utekereze, usenge kuko niba ari Abantu babi ni abapadri bagenzi bawe no kukwica bakwica da !!Jya witonda ubirinde,kuko Twe turagukeneye nkabakristu kuko uradufasha tukegera Imana. Reka amatiku yabariya ukore umurimo W’imana izaguhemba
ndumiwe koko gusa mwitonde ntimugapfe guca urubanza kuko muri mwese ntamuntu wari uhari
ndumiwe koko gusa mwitonde ntimugapfe guca urubanza kuko muri mwese ntamuntu wari uhari
Padiri Ubaldi agomba gushyira ibirenge hasi akibuka ko mbere ya byose ari padiri atari umunyapolitiki. Ikindi agomba kuzirikana ni amagambo Yohani yavuze bamubwiye ibya Yezu, ati agomba gukura jye nkagabanuka. Ubaldi ni umwana w<a Kiliziya kandi umwana yumvira ababyeyi. Kera habayeho abapadiri bakoze nka ubaldi bagera igihe bata umurongo wa kiliziya. Barimo nyakwigendera Dionizi Ndangamira watangiye ari umusaveri ubishyushyemo akagera ubwo aba umuyisilamu. Birababaje ko Ubaldi ujijute wize mu iseminari yirengagiza amahame ya kiliziya kandi ari yo amugenga. Sinzi niba iyo ajya muri za Ndumunyarwanda aba atumwe na kiliziya cyangwa niba aba ajyiye ku giti cye. Ibi abantu barabishima ariko kiliziya si ko ikora. Kiliziya ituma abana bayo ku mirimo babashije, na Ubaldi afite ibyo abashije ariko ntagomba kwiha ubutumwa agomba kuburindira. Niba koko akoreshwa n’Imana inyigisho zi ntizizaba inkomoko y’amatiku n’amakimbirane muri kiliziya. Mu gihe cyose Ubaldi yivugira ko akoreshwa n’Imana ubwayo, yagombaga no kuyisaba inema yo koroshya. Nsanga kwihutira kujya mu itangazamakuru kubera ibyiswe amakimbirane na diocèse bitamusa. Nka ryari bundi ibibazo by’iwanyu mu rugo ubikemurira muri mitingi y’ishyaka koko ?
Bakome urusyo bakoma n’ingasire
gukorera Imana ntibisaba kuba padiri. Obald nafate icyemezo ashinge itorero rikorera Imana, yaba Pasteur yaba Apotre arebe ko abana b Imana batamukurikira ari benshi. Naho gukomeza kuba mumatiku y abantu kandi tumukeneye si byiza
Ahaaaaaa !!!!!!nibyabihe byanyuma bavuze , abantu bIMANA kweri !!!!! nugusenga cyane.
Ubwo muratangiye dore ko mukunda byacitse !! Inshuro yagiyeyo ko mutazitangaje hano ?
Mosenyeri wikabwayi agira ubutiku...ngaho ngo niwe usabira imbabazi kiriziya !? Buriya c niwe koko ? None arashak no guhagarika obald kuko agenda abarusha power kdi ari umupadiri usanzwe ntabyubumosenyeri budafite nicyo bushingiyeho.
Muri Kiliziya nta kavuyo kahaba, nta we ukora ibyo yishakiye, igihe ashatse n’uko ashaka. Zimwe mu mbaraga za Kiliziya ni aho zishingiye : ifite umurongo ngenderwaho, ugaragara, wumvikana. Uva muri diyosezi ajya mu yindi agomba kubisabira uruhushya n’ababishinzwe, ibyo ngira ngo Ubald nawe arabizi. Ntakabirengeho rero.
Kiliziya iyoborwa na Roho Mutagatifu, uwahagarikwa cg akihanangirizwa nayo wese, nta gitangaza kirimo ubwo Roho Mutagatifu yaba yabonye ko aribyo bimukwiriye. Dukomere kuri Uhoraho abagize amahirwe tukamumenya mureke abantu. Umuntu yakijijwe, akizwa kandi azakizwa n’ukwemera kwe.
Kiliziya iyoborwa na Roho Mutagatifu, uwahagarikwa cg akihanangirizwa nayo wese, nta gitangaza kirimo ubwo Roho Mutagatifu yaba yabonye ko aribyo bimukwiriye. Dukomere kuri Uhoraho abagize amahirwe tukamumenya mureke abantu. Umuntu yakijijwe, akizwa kandi azakizwa n’ukwemera kwe.
Ibyo rero niba ariko bimeze kiriziya cathoric igiye kuba nka za ADPR gusa Obald ntacike intege ntakinanira Imana yamuhaye imbaraga zo gukiza no kwigisha abo bose Imana izaberekako bibeshye.none se muri politic niho hadakenewe Imana ?
Ni ukubyitondamo

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ntadini mbogamiraho gusa ntazwa nuko babuza PADILI gukora icyo yahamagariwe PADI BirakAKWIYE KUMVIRA IMANA KURUTA ABANTU kora umurimo wuwagihamagaye abandi ubareke uwabyanze ziwe waguhaye umurimo ni KRISTO wagutoranyije siturabo kuyoborya nidini ahubwo twayoborwa na roho mutagatifu na bible .umuntu we numuntu ahubwo bigutere imbara zogukorera KRISTO WAKUGABIJE UMURIMO