udafite icyaha namutere ibuye ?
Past Genda Ntukongere Gukora Icyaha Ukundi.
uko byagendakose Imana ntabwo arumuntu nkatwe.pst komera usenge Imana ikunda umunyabyaha ikanga icyaha sengagusa satani ntakwihebeshe.
Munyamakuru, rwose mugerageze gukoresha amagambo y’ikinyarwanda, mu mwanya wayo. urugero : gusambana n’umugore utari uwe ! None se hari umugabo usambana n’umugore we.
Birashoboka ko uyu mu pasitori ari ubwa mbere yari aguye muri iki cyaha, muri we yabonye igihano yakwiha ari ukuva ku isi agahunga amaso y’abantu, barimo n’abo yarabere
Turi muminsi yimperuka ibi byose bigomba gusohora
Icyaha yakoze nuko yashatse kwiyahura naho ubundi nibisanzwe
Umukiranutsi wanjye naho yagwa ntabwo azarambarara
Imana ntikiranirwa ngo yibagirwe imirimo
mushumba safali hagara kigabo urwane intambara nziza.Imana iragukunda kandi igufiteho umugambi mwiza.soma zaburi nindirimbo usubizwemo imbaraga.natwe turagusengera
Gusa uyu pastor namenye ko Imana imukunda kdi imufiteho umugambi,mama pasteri nawe azige kutamena ibanga ryurugo ndetse yongere yigishwe kubabarira Yesu aracyicaye Ku ntrbe yimbabazi arko ababegereye nitorero nibababe hafi cyane.
Imana ishobora byose iragukunda humura ntugipfuye kd uhumure
Imana ishobora byose iragukunda humura ntugipfuye kd uhumure
Mushumba komerera mumwami ihutire kwegera Imana wirinde numva amagambo ahubwo ukuremo isomo kubwibyo ihangane gusa bishobotse wampaye number yawe kuriyi number 0787365693 kuko njye ndagukeneye byumwihariko urakoze
Yakoze icyaha asanga madame we aramwaturira ngo amusengere,nyuma madame ananirwa kubyakira,abishyira hanze.
Kuba Yakoze Icyaha Ntabwo Yaciye Inka Amabere Ahubwo Ikosa Nuko Yakwanga Kwihana Naho Byaba Bitukura Imana Iracyicaye Kuntebe Yimbabazi.
Nta cyaha kitababrirwa nicyo Yesu yaziye ,akaunda umunyabyaha ariko akanga icyaha ubwo na pasiteri aramukunda
Intoki zose zamutunze intoki zose mu maso, nazo nizirebe kwanza mbere ko zitunga pasteur urutoki .pasteur, ntambaraga nububasha mfite bwo kuguciraho iteka. Senga imana irakubabarira.
Ihangane nangwa nawe urafashwe Wenda urihana ntuzanasubira
Arikoooooooo
Nibaceceke none niwowe ejo nundi gusa imana nziza ihutire kwiyunga nashobuja waguhamagaye
Andika Igitekerezo cyawe hano Reka rero mbabwire mwese twese uwiteka atugendereye ntibyatubere byiza kuko dawidi niwe wavuze ngo mubyaha niho mama yambyariye so rero twese ntamukiranutsi numwe ubaho sibye imbabazi z.Imana nizo zitubeshaho kd uwuvuze ko ntacyaha akora aba yise Imana inyabinyoma
Yoo pole mukoziwimana nawagutera ibuye imana iragukunda Kandi igufiteho umugambi ukomeye the bible says Dat my people perish be coz they luck wisdom do not judge anyone be coz the judgement is for the Lord and the bible again says in John Dat whosoever says Dat am not a sinner Dat person calls our God lier soo pizzz stop judging ur brother we are all sinners okey
Ibyiringiro !!! Ibiti Byose Bitemwe Se Niko Ishibuka ?
Yego wakoze icyaha ariko siho isi irangiriye kandi ntacyaha kitababarirwa
Yego wakoze icyaha ariko siho isi irangiriye kandi ntacyaha kitababarirwa
Uwo mupasiteri Imana iramukunda change,yanze ko apfira mu by aha,abamuzi mumwegere mumuganize ,ave mu kimwaro,ajye imbere y itorero yihane,yemere ace bugufi asabe imbabazi Imana ,itorero,n umugore we ndetse n umugabo yasambanyirije umugore !Imana ni inyembabazi iramubabarira kandi umurimo w Imana uzongera ukorerwe muri we
Yibuke Dawidi ko yasambanyije umugore wa Uliya ,agerekaho no kwica Uliya ,ariko yasabye Imana imbabazi iramubabarira
Turafatanya kumusengera
Ntacyo yakoze nawe utakora. Niyo mpamvu Yesu yaje. Twese turi babi niyo mpamvu dukeneye ubuntu. Abefeso 2:8-9
Kuba wowe utavugwa si uko uri igitangaza. Umuzi wese amwegere amuganirize aticwa n’agahinda. Satani niwe wamugiriye iriya nama yo kwiyahura. Azanshake muganirize. 0788648836
Ntacyo yakoze nawe utakora. Niyo mpamvu Yesu yaje. Twese turi babi niyo mpamvu dukeneye ubuntu. Abefeso 2:8-9
Kuba wowe utavugwa si uko uri igitangaza. Umuzi wese amwegere amuganirize aticwa n’agahinda. Satani niwe wamugiriye iriya nama yo kwiyahura. Azanshake muganirize. 0788648836
Imana ishimwe kuba atarapfuye buriya nicyerekanako Ikimufiteho umugambi
Bibliya iravuga ngo ibihembo byibyaha nurupfu. Paulo yashatse kukubwira ko ingororano zicyaha ari urupfu. Twe tubasha kubifata uko twishakiye ariko se wicyaha mugihe umwemerereye kugukoresha ibyo ashaka kugukorera ashobora ku kumira bunguri kuko abatifuza ko umuva munzara. Iki akaba aricyo yaraoreye uyumusambanyi kuko yabaye umwanzi we igihe kirerekire, amucunaguza, amusebya, amwandagaza, amukoza isoni, nawe rero yamwituye kumumanika mu mugozi ngo amushyire kugahinga kayihande. Uge utinya icyaha kuko utarebye neza wakigwamo.
Bibliya iravuga ngo ibihembo byibyaha nurupfu. Paulo yashatse kukubwira ko ingororano zicyaha ari urupfu. Twe tubasha kubifata uko twishakiye ariko se wicyaha mugihe umwemerereye kugukoresha ibyo ashaka kugukorera ashobora ku kumira bunguri kuko abatifuza ko umuva munzara. Iki akaba aricyo yaraoreye uyumusambanyi kuko yabaye umwanzi we igihe kirerekire, amucunaguza, amusebya, amwandagaza, amukoza isoni, nawe rero yamwituye kumumanika mu mugozi ngo amushyire kugahinga kayihande. Uge utinya icyaha kuko utarebye neza wakigwamo.
Fg nakunze igitekerezo cyawe imana iguhumugisha.
kuri mwenedata waguye mucyaha haracyari ibyiringiro ubwo utapfuye haguruka yesu aracyagufiteho umugambi mwiza ADEPR yaguhagaritse ariko yesu we aracyagufiteho umugambi nubundi ntiyagukunze abitewe nimirimo yawe urukundo rwe ntirufite condition.
mwebwe bagaratiya mumucirira urubanza ninde wabatumye guca imanza ? niba mutagira amatwi yumwuka nimurebere kubasirikare bisi iyo arasiwe kurugamba baheka inkomere bakajya kuyivuza ejo agakira akaruka kurugamba.
ikindi mwamenya nuko satani adashobora kukurwanya kandi ntacyo umutwaye kubarero utaraswa bivuzeko ntarugamba uriho. uwanesheje niyesu wenyine ninawe gukiranuka kwacu.
yooooo !!!!!! mbega gusa turacyarwana ntituraragiza urugamba kd iyo umuntu akirwana birashoboka gutsirwa.gusa haracyari amahirwe kuko imana yamurinze urupfu imubabarire.namwe mumuciraho iteka ndababwirako biriye ntawe bitabaho kuko satani ariho aracyakora ntituragera aho satani atarasa ibyambi ! naho Adepr simbona imamvu muyikome kuko namwe ubwanyu mumatorero yanyu mubamo murabiziko abanyabyaha ntaho bataba so Adepr siyo yamutumye gukora biriya.
Ibyabaye kuri mwene data ni isomo kuri twebwe twese, mumusabire imbabazi ku Mana mubikuye ku mutima kdi mu rukundo rwinshi,maze musabe Imana ngo imuhe imbaraga zo kutazabisubira. Natwe kdi tube maso tumenye ko ntawe Satani atinya kdi nta nuwo atageraho !
Bantu !ntitugacirane imanza !jye simba muri adpr !ariko mwikwibasira itorero !si adpr yasambanye numu pasteur wayo !kdi mumenye ngo twambaye umubiri !intungane kuriyi si nimutere amabuye !
Bantu !ntitugacirane imanza !jye simba muri adpr !ariko mwikwibasira itorero !si adpr yasambanye numu pasteur wayo !kdi mumenye ngo twambaye umubiri !intungane kuriyi si nimutere amabuye !
lmana ishimwe ubwo atapfuye .Imana iracyamufiteho umugambi mwiza .jye sinsengera muri ADEPER ariko tujye twirinda guca imanza kuko ntabwo ari adeper yakoze icyaha.ikindi kandi uriya nawe ni umuntu kdi ntiturajyera aho satani atarasa imyambi.ikindi pastor ashime Imana ko atapfuye kuko ubu yongerewe amahirwe yo kongera gusaba imbabazi naho ubundi yarikuba yararuhiye ubusa.
Ni ugukizwa neza naho ubundi haraza guca uwambaye !!
Hari aho yasuye maze arabataranga ngo bafite u rusengero rwubakishijwe amabati ashaje, kd ntiyabasigira na 5000f yo gutangiza umushinga wo kuvugurura. Nubu nicyo bakimwibukiraho.
Erega Adepr Yitonde Yaranyaswe Kandi Izira Kwiyemera Ugasanga Barakubwirango Haguruka Wihane Kandi Ubikubwira Niwe Munyamatiku. Ngenzi Abakobwa Batwaye Amada Babeshyango Bagiye Kurara Mumasengesho Murusengero (NB Nange Uvuze Ibi Ndi Uwo Muri Adepr Byose Biba Ndeba)
Ninde se utagira intege nke ? Kwiyahura nabwo kuri we yumvaga bimurenze ikindi si ibintu yamenyereye yenda ! Rero mureke kwikorera ADEPR, umuntu wese ni umuntu mujye mworoshya ubuzima ahubwo mukundane ! Murakoze !
Gusa ndababaye safari !!!! Gusa Data nakubabarire waba wararuhiye iki MANA uge uturengera pee.
Komera rata muvandi.. utarabikoze nagutere ibuye ! Niwihana humura Imana yagukijije urupfu irakubabarira nibindi. Humura siwowe wambere icyakora ufate icyemezo cyo kutazasubira. Ijuru riracyagukingukiye igihe cyose ugarutse ! Imana nikubabarire !
uyu safari yakabyaga avuga ko akiranuka mugerageza kugenda buhoro kuko iyihuse yabyaye ibihumye. Ariko se kwiyahura bimaze iki ? njye sinemera ko iriya photo ya revera Sibomana ariyo yakagombye kugaragara bwa mbere ahubwo iya nyiri cyaaha niyo yakagombye kugaragara bikisorwe
Birababaje kubona abashyigikira ubusambanyi. bagashyigikira ingirwa pastor isoma Bibiliya aho Imana yanga urumuka ubusambanyi. Shitani yigaruriye isi neza ariko aribeshya kuko ari hafi gukurwa kwisi nabakozi bayo bose. Abicanyi, abasambanyi nibindi bibi byose !
Yeeeee weee abantu mwishushanya muragaragaye cyane cyane ADEPER
Imana ikubabarire muvandi mwe.nanjye nd umunyabyaha imana imbabarire,
Andika Igitekerezo cyawe hano.
mumurekeraho rwose kuko ngo ufashwe niwe gisambo !!! nonese ko aruko agize ibyago agafatwa abo bamufashe bo babikora gake ?? erega nubwo mwamuhagaritse naba nawe.umunsi we wa40 wageze namwe uzabagerana !!! adepr baxiko aribo basenga bonyibe jdu badakoribyaha..bigsye imvugo ngo amacaci church ;none singshi nabi baguye ku karubanda.Imana ni serieux rero iberetseki mutazongera gucimanza
Bazajya babeshya ngo bari kutwigishiza abagore nabana kdi babajyanye kubasambanya umugore wanjye nabana banjye ntibazongere kuva aha nubundi igihe nabashakiraga sinababonaga.
rwose birababaje cyane kandi biranasebeje ariko ntiyihebe ngo satani agumye kumurwanya nashikame bibaho pe
Ahubwo se Paster reka nkubaze ubwo kwiyahura nibwo warurangije iibazo ? reka ububwa bana Gusambana no ku bwa Yezu cyangwa Yesu byarakorwaga si wowe wambere sinawe wanyuma abaguhagaritse nabo si shyashya ubapimye ugashyira Video yabo ahagaragara wasanga bakurusha kubikora cyangwa akaba ari nabo bakugambaniye bagutega umugore ngo ukund ugwe mugishuko. nuko warujyanye nubugingo bwawe humura Yesu arakubabarir ntiyababariye bake. ikindi kandi igihe wamukoreye ubu sibwo yari kugukuraho amaboko kubera kurya ituru.
Rwose ntuzongere gutekereza kwiyahura nibibi cyane ukuntu mwiyemera abo muri ADEPR buriya ntibari no kuguherekesha amasengesho iyo uramuka upfuye !!!!!!!!!!!!!!! Kwiyahura bibi muzehe we
Yesu aravuga ngo utarabikora amutere amabuye ?bose baranuma kuko umutima njyanama wa buli muntu wahise umwereka ko yabikoze nuwo babikoranye naho yabikoreye maze bose habura uwamutera ibuye.
Nibyiza ko bamuhagaritse kdi abandi bamenye neza ko Imana yanga cyane icyaha cyakorewe mu mubiri wumuntu.ariko muli byose ninyembabazi
asebeje adpr kweli abo bapast bo gutukisha izina ry,imana ntabodushaka.Aho kugirango batubere urugero rwiza ,nibo bari kutugusha,nibatihana haa !!!
Imana imubabarre kandi yature kuko ari I Nyambabazi impuhwe zayo ziba hafi.
ntimumuseke nawe ni umuntu
Umushumba nawe ni umuntu nka abandi, kdi icyaha yakoze ntawe utagikora, twese Turi abanya byaha. Tureke kumucira urubanza.
Umushumba nawe ni umuntu nka abandi, kdi icyaha yakoze ntawe utagikora, twese Turi abanya byaha. Tureke kumucira urubanza.
Imana idutabare arik nta munyentwari muri uru rugendo kd satani ahera ruhande ntatoranya.ugihagaze yirinde atagwa kid biroroshye mugihe wahaye sataniurwaho
Nabandi bararye bari menge kuko gusenga bikunkumura ntibica Kamere.
Andika Igitekerezo cyawe hano. Imana Imubabarire Kuko Nawe Siwe Nirari Yagize.
ajye abavuza
- 1
- 2

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
udafite icyaha namutere ibuye ?