mucyo warumugabo maxima igendere imana ikwakire
Mucyo yari imfura pe. Yanyakiriye neza atanzi kandi nagiyeyo nyuma y’amasaha y’akazi na secretary we yigendeye, amvugisha neza, mubwira ikibazo cyanjye maze ansobanurira ko bidashoboka ambwira n’impamvu kandi ndabyumva. Ni ukuri ndababaye pe nubwo ntagiye kumushyingura. Ariko nta muntu we wagira ikibazo namumenye kandi nshoboye kugikemura.
Njye sinzamwibagirwa kuko yangiruye neza cya kandi yabikoze atanzi
Imana izamumenyere Umuryango.
Nubundi hatabaruka intwari gusa Imana imwakire mubayo gusa jyewe sinzamwibagirwa ukuntu yitangaga
Mucyo komeza wibere mucyo no mu ijuru kuko mu isi ntacyo tugushinja utadukoreye pe twe nkabacitse ku icumu tuzagusabira kwa jambo
Mucyo komeza wibere mucyo no mu ijuru kuko mu isi ntacyo tugushinja utadukoreye pe twe nkabacitse ku icumu tuzagusabira kwa jambo
Ohh Mucyo Imana ikwakire mu bayo uruhukire mw ijuru kwa jabiro wasinziriye ! Ntiwapfuye. Tuzahura muri cya gitondo kiza cy umuzuko. Wambabaje cyane. Uhoraho abane nabo usize abihanganishe. Aheza ni mw Ijuru. See you
Ohh Mucyo Imana ikwakire mu bayo uruhukire mw ijuru kwa jabiro wasinziriye ! Ntiwapfuye. Tuzahura muri cya gitondo kiza cy umuzuko. Wambabaje cyane. Uhoraho abane nabo usize abihanganishe. Aheza ni mw Ijuru. See you
Imana ikwakire mu bayo wari imfura gusa so sad...
MUCYO. IGENDERE NTITWAKWANGAGA. IMANA IGIHE IRUHUKO RIDASHIRA. GUSA UGIYE WARI INTWARI.
igendere gusa akazi wakoze nukuntu wari inyangamugayo nyagasani agushyire iburyo bwe ntakindi narenzaho ndababaye
Imana imwakire yari umuntu udasanzwe nanjye yampaye Service nziza ntazibagirwa nyuma y’amasaha y’akazi akiri Ministre w’ubutabera yari atashye nimugoroba ageze hanze asanga duhari ahita adusekera asubira mu biro ajya kudusinyira atwifuriza kugera imuhira amahoro. Sinzakwibagirwa Mucyo umutima mwiza wawe Nyagasani awuguhembere agushyira iruhande rwe. Umuryango wawe nawo ukomere nta mukiranutsi upfa arasinzira.
Imana yo mu ijuru imwakire mubayo gusa mu isi si iwacu kandi Yesu akomeze abo mu muryangowe
duhombye intwari imana imwakire mubayo
nukuri iyinkuru yambabaje bikabije gusa imana itwara abo ikunda uyumugabo numwana mwiza pe nigeze ngira ikibazo kuri CNLG ariko abo naganagaho bose barandebaga gusa ntibagire icyo bapfasha ariko aho ngereje ikibazo kurimucyo ntanumunsi byafashe nukuri imana ikwakire mubayo abo wagiriye neza twese tuzasigara tugusengera
imana imwakire mubayo kndi umuryangowe wihanganire ibihe bikomeye barimo
Imana yamukunze cyane kuturusha,naruhukire mumahoro.imirimo myiza yakoze iramuherekeje.umuryango we wihangane Imana ibahe imbaraga zo kwakira ibyabaye
Imana imwakire mu bayo.Ntituzakwibagirwa uburyo wari sociable.
Olala duhobye intwari imana imwakire


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Mucyo j de Dieu tumwifurije kugira iruhuko ridashira