Rwose minisiteri y’umuryango nigire icyo ikora naho ubund ibi ntibisanzwe murwa Gasabo. wari uziko hari aba singles bamaze gufata decision of still being single till the end of world due to these ? Mana fasha uru RWANDA n’ubundi wirwa ahandi ukarutahamo
Nidushaka tubimenyere umugore ni uw’abagabo.
BIRA KWIYE KO URWANDA NIBINDI BIHUGU BAGASHYIZEHO HUMAN RIGHT ABOUT ;THIS ISSUES.UBUSAMBANYI BWIBASIYE ISI YACU PE .
uwo mumotari bamuhane bihanucyiriye kuko birakabije
Bimaze kuba akarande gusambanya abagore babandi hakwiye ingamba zifatika naho Ubundi umuryango nyarwanda b’indangagaciro nyarwanda ziri kwibasirwa kuki gusambana ku kazi biba icyaha gihanwa n’amategeko ariko wasanga umuntu iwe cyangwa muri lodge bikaba ibisanzwe. Ntekerezako ministere y’umuryango igomba kureba kure naho ubundi umuryango nyarwanda uribasiwe kimwe n’abari batacyambara amakariso cyangwa bagenda berekana ingingo z’ukubiri zikurura abagabo.
ni danger !!!
Ibi bibaho wasanga .n’uyu wabyanditse abikora sinumva ngo ibi bireze mu ngo zose

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Uwabikoze uwabikorewe uwahuruye uwabisomye nanjye utanze igitekerezo. Twese ntihagire ukorahasi ndo atore ibuye