Uwiteka abakire mube
Kuba yari imodoka itabajwe se bivuga kugenda nta bushishozi ? ese iyi modoka yari ifite intabaza zigenda zisaba ibindi binyabiziga kuyiha inzira wenda ngo tuvuge ko byayisuzuguye ? ndabizi neza ko uwari utwaye iyo modoka ya Police ataramukanye gahunda yo gukora impanuka nta n’ibyo yifuzaga kimwe n’undi wese ukora impanuka ariko nanone niba yari imodoka ya Police isanzwe itanafite ibyangombwa bigaragaza ko itabaye ,akagenda ku muvuduko ukabije n’ahantu hategerwa imodoka kandi mu masaha ya mugitondo abantu baba bari ku cyapa ari benshi yagombaga kubitekereza akagabanya umuvuduko,rero ndumva nawe hatakwirengagizwa ko afite amakosa, kuko ibyaribyo byose sinzi niba ikora ari irya moto(ibyo byarebwa neza) ndetse si n’iry’abanyamakuru bagezweho n’impanuka. niba rero uwo mupolisi ahamwe n’ikosa akwiye guhanwa.Murakoze

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Twihanganishije ababuriye ababo muri iyi mpanuka ariko twizera ko polisi ikora iperereza kucyateye impanuka uwabigizemo uruhare agakurikiranywa agahanywa