AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Kigali : Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kugonga umuturage ku bushake

Kigali : Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kugonga umuturage  ku bushake
10-12-2020 saa 16:52' | By UKWEZI | Yasomwe n'abantu 3043 | Ibitekerezo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kugonga ku bushake umuturage mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali

Abafashwe ni uwitwa Siboniyo Jean Baptiste na Ndacyayisenga Jean Paul bakekwaho ubufatanyacyaha mu kugonga k’ubushake Dukuzumuremyi Sudi.

Itangazo ryanyijijwe ku mbuga nkoranyambaga za Polisi y’u Rwanda rivuga ko “Ibi byabereye mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo.”

Polisi itangaza kandi ko abakekwaho icyaha bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA