Murakoze cyane kubwicyo gikorwa, hacyenewe kwigisha cyane. Kuko iyo urebye inzira z’abanyamaguru ntabwo abashoferi na bamotari babyubahiriza ;ahubwo usaga abanyamaguru bategereza ko amamodoka na mapikipiki atabuka ,ariko umuntu uturutse haze y’igihugu uzi amategeko yumuhanda barashaka kumugonga. Hacyenewe inyigisho kumatego yumuhanda.
batangiye kurenganya abantu jyewe barandenganyije kuwagatanu bariyenza babahaye ububasha bukabije kabisa
Icyo gitekerezo ni kiza njye nagishimye,ariko guhana ndumva atari byo byashyirwa imbere kurusha kwigisha.
Ikindi mu mihanda nta byapa bikibamo,hamwe byarashinguwe,ahandi imirongo yo mu mihanda yarasibamye,usanga ugiye nko mu gace usanzwe utagendamo cyane waca ku yindi modoka police akagufata ngo mauvais dépassement kandi ubona atari mu ikorosi yewe n’umurongo ubuza guca ku kindi kinyabiziga udahari mbese uhaheruka umuhanda wubakwa.
Kubera police ahazi,ahaba,azi neza Ko uwo murongo wahahoze akakwandikira.
Ibyapa mu mihanda ibishaje bisimbuzwe,ibyavuyeho bisubizweho ubundi amategeko yubahirizwe.
Murakoze
Icyo gitekerezo ni kiza njye nagishimye,ariko guhana ndumva atari byo byashyirwa imbere kurusha kwigisha.
Ikindi mu mihanda nta byapa bikibamo,hamwe byarashinguwe,ahandi imirongo yo mu mihanda yarasibamye,usanga ugiye nko mu gace usanzwe utagendamo cyane waca ku yindi modoka police akagufata ngo mauvais dépassement kandi ubona atari mu ikorosi yewe n’umurongo ubuza guca ku kindi kinyabiziga udahari mbese uhaheruka umuhanda wubakwa.
Kubera police ahazi,ahaba,azi neza Ko uwo murongo wahahoze akakwandikira.
Ibyapa mu mihanda ibishaje bisimbuzwe,ibyavuyeho bisubizweho ubundi amategeko yubahirizwe.
Murakoze
Abantu 91 bapfuye nibo batumye hafatwa izo ngamba !Urwo ni urwitwazo !Umupolisi utambaye umwenda w’akazi ngo kuko afite carte y’akazi gusa !Niba abajura bacura ID,permis,amadolari ndetse n’izindi nyandiko zikozwe mu buhanga buhanitse ibyo byabananiza iki ?
Njye mbona ibibazo by’impanuka bikabirizwa kurenza uko biri !Umunsi polisi yacu izashyira imbere kwigisha kurusha guhana impanuka zizagabanuka cyane !


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Murakoze cyane kubwicyo gikorwa, hacyenewe kwigisha cyane. Kuko iyo urebye inzira z’abanyamaguru ntabwo abashoferi na bamotari babyubahiriza ;ahubwo usaga abanyamaguru bategereza ko amamodoka na mapikipiki atabuka ,ariko umuntu uturutse haze y’igihugu uzi amategeko yumuhanda barashaka kumugonga. Hacyenewe inyigisho kumatego yumuhanda.